Back to News
SHOWBIZ
Zuba Ray yagiye mu byo kwiga umuziki atorotse iwabo
Ibi Zuba Ray aherutse kubigarukaho mu kiganiro cyihariye yagiranye na IGIHE, ahishura ko urukundo rw’umuziki rwatumye ahitamo kujya kwiga umuziki aho gukurikira ibya PCB (Physique, Chimie na Biologie) yari yahawe kujya kwiga.
Muri iki kiganiro Zuba Ray yagize ati “Ntabwo njya gukora ikizamini nigeze mbibwira mu rugo, narabibonaga ko batabyemera niga amayeri yo kubeshya mu rugo ko ngiye gusura babyara banjye, bo nari nababwiye njya gukora ikizamini.”
Nyuma yo gutsinda ikizamini cyo kujya kwiga umuziki mu ishuri rya muzika rya Nyundo, byabereye ihurizo uyu mukobwa kuko yagombaga kubisaba ababyeyi bari bazi ko yatsinze ikizamini cya Leta cy’asoza cya mbere cy’amashuri yisumbuye.
Uretse kuba iwabo batarabyumvaga, iwabo babanje kubyanga birangira mukuru we ari we umugobotse.
Ati “Kumvisha umubyeyi ko ngiye kwiga umuziki ntabwo babyumvise, narabibabwiye barambwira ngo ntabwo byakunda, binsaba gutegereza icyakora mukuru wanjye aza kubibaganiriza abasaba ko bandeka nkajya mu byo nkunda, aba ariwe ubibumvisha.”
Icyakora nubwo baje kumwemerera kwiga umuziki, Zuba Ray ahamya ko kugeza n’uyu munsi iwabo batarakira neza ko yinjiye mu muziki nubwo byibuza uko biri uyu munsi biruta mbere.
Muri iki kiganiro Zuba Ray yagize ati “Ntabwo njya gukora ikizamini nigeze mbibwira mu rugo, narabibonaga ko batabyemera niga amayeri yo kubeshya mu rugo ko ngiye gusura babyara banjye, bo nari nababwiye njya gukora ikizamini.”
Nyuma yo gutsinda ikizamini cyo kujya kwiga umuziki mu ishuri rya muzika rya Nyundo, byabereye ihurizo uyu mukobwa kuko yagombaga kubisaba ababyeyi bari bazi ko yatsinze ikizamini cya Leta cy’asoza cya mbere cy’amashuri yisumbuye.
Uretse kuba iwabo batarabyumvaga, iwabo babanje kubyanga birangira mukuru we ari we umugobotse.
Ati “Kumvisha umubyeyi ko ngiye kwiga umuziki ntabwo babyumvise, narabibabwiye barambwira ngo ntabwo byakunda, binsaba gutegereza icyakora mukuru wanjye aza kubibaganiriza abasaba ko bandeka nkajya mu byo nkunda, aba ariwe ubibumvisha.”
Icyakora nubwo baje kumwemerera kwiga umuziki, Zuba Ray ahamya ko kugeza n’uyu munsi iwabo batarakira neza ko yinjiye mu muziki nubwo byibuza uko biri uyu munsi biruta mbere.
For You Recommended
See all SHOWBIZCHRIS BROWN YARETSE GUKORESHA URUBUGA RWA INSTAGRAM
Read
showbiz
Basabye imbabazi; Yampano n’umugore we biniguye nyuma yo gusakaza amashusho batera akabariro
Read
The Ben aherekejwe n’umugore we Uwicyeza Pamella berekeje i Bali muri Indonesia aho azava afatiye amashusho y’indirimbo byibuza ebyiri nk’uko amakuru agera kuri climax news abyemeza.
Read
Tems has arrived in Uganda
Read
Comments
No comments yet
Be the first to share your thoughts!